Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

Umugenzuzi Mukuru Wungirije yasoje amahugurwa yitabiriwe n’abagenzuzi bo muri Mali

Umugenzuzi Mukuru w'Imari Wungirije, Habimana Patrick, ku wa 13 Kanama 2026, yasojje amahugurwa y’iminsi itanu yo kungurana ubumenyi hagati ya y'Urwego rw'Umugenzuzi Mukuru w'Imari ya Leta ya Mali n’Urwego rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta n’Umutungo wa Leta mu Rwanda.